Injira mu gitaramo cyiswe ‘Keep it 100 Experience’
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo 2024, kuri Kigali Universe habereye igitaramo cyiswe ‘Keep It 100 Experience’…
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo 2024, kuri Kigali Universe habereye igitaramo cyiswe ‘Keep It 100 Experience’…
Kuri uyu wa 14 Ugishyingo 2024, ubushinjacyaha mu rukiko ruregwamo Rurangirwa Wilson wamenyekanye cyane nka Salongo bwamusabiye gufungwa iminsi 30…
Rurangirwa Wilson wamenyekanye cyane nka Salongo, izina yahawe no kuba ari umupfumu kabuhariwe, none ku itariki ya 14 Ugushyingo 2024…
Umunyamakuru David Bayingana yavuze ko yaharabitswe akambikwa igisebo n’umunyamakuru Fatakumavuta, bityo ko agiye kujyana mu rukiko uyu munyamakuru Bayingana avuga…
Kamala Harris wari mu bahataniye umwanya wo kuba perezida wa Amerika yaje kuva ku izima agira icyo atangaza nyuma yo…
Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco wamenyekanye nka Fatakumavuta ubwo hasomwaga umwanzuro w’urukiko ku byaha aregwa, urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko…
Muri Amerika hari haciye iminsi amatsiko ari menshi buri wese yibaza uza gutsindira intebe yo kuba perezida wa Amerika. Mu…
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben mu muziki nyarwanda, yanditse amagambo akomeye agaragaza ko ari gusabira imbabazi umunyamakuru Fatakumavuta.…
Umuhanzi nyarwanda Kevin Kade yongeye kwishimira kugera mu gihugu cya Uganda aho afite igitaramo giteganyijwe kubera ahitwa Paradigm kuri uyu…
Umuhanzi w’indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana Israel Mbonyi yatanze ibyishimo mu gihugu cya Tanzania muri izi mpera z’icyumweru tuvuyemo. Uyu muhanzi…