The Online Newspaper of Students of East African University, Rwanda

OREZI yasobanuye impamvu zatumye asubira inyuma mu muziki

Umuhanzi OREZI ukomoka muri Nigeria yasobanuye impamvu yasubiye inyuma mu ruganda rw’umuziki. Ubwo uyu muhanzi yakirwaga kuri Hip TV mu gace kitwa Trending, yavuze ko kuba yarikuye mu marushanwa mu muziki byatumye ubuhanzi bwe busubira inyuma. OREZI yagarutse ku kamaro ko guhozaho, atanga urugero kuri Davido ko we agikora cyane nkaho aribwo akiza mu muziki. […]

Rihanna mu byishimo byo kwitegura Umwana wa gatatu

Umuhanzikazi Rihanna n’umugabo we A$AP Rocky bahishuye ko bategerezanyije ubwuzu umwana wabo wa gatatu. Ibi Rihanna yabitangarije mu musangiro wabaye kuwa mbere tariki 5 Gicurasi 2025, ukaba wabereye muri Amerika mu mujyi wa New York. Mu gihe Rihanna yatangazaga ibi, yagaragaje ibyishimo bidasanzwe, ari nako akorakora inda. Mu 2022 ni bwo Rihanna na A$AP Rocky […]

Davido yongeye kwikoma Guverinoma ya Nijeriya

Umuhanzi w’ikirangirire mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, yongeye kunenga ubuyobozi bwa Nijeriya, avuga ko igihugu gifite ubuyobozi bubi ariko agashima uruhare runini uruganda rw’imyidagaduro rugira mu guteza imbere isura yacyo. Ubwo yari mu kiganiro yagiranye na Apple Music, Davido yagize ati “Nishimiye ko imyidagaduro yahinduye imyumvire. Twebwe Abanya-Nijeriya […]

Ni ibintu bidashoboka gufata abagore bari mu myaka ya za 30 nk’abashaje- Lady Gaga

Umuririmbyi w’Umunyamerika, Lady Gaga, yanenze ivangura rishingiye ku myaka mu ruganda rw’umuziki wa pop. Uyu muririmbyi w’imyaka 38 yavuze ko ari ibintu bidafututse gufata abagore bari mu myaka ya za 30 ‘nk’abashaje’ ku muhanzi wa pop. Yabitangaje ubwo yakiraga igihembo cya Innovator Award mu bihembo bya iHeartRadio Music Awards 2025 byabereye muri Dolby Theatre i […]

Dj Ira yatangiye inzira yo guhabwa ubwenegihugu yemerewe

Nyuma y’uko Iradukunda Grace Divine uzwi nka DJ Ira ukomoka i Burundi asabye Perezida Kagame ubwenegihugu bw’u Rwanda, akabumwemerera ndetse agasaba inzego bireba gukora ibisigaye, DJ Ira arishimira ko mu gihe hari hataranashira amasaha 24, yahamagawe n’abashinzwe ibyerekeranye n’ubwenegihugu, batangira kumufasha mu bikenewe kugira ngo abuhabwe. Ashimira Perezida Kagame ndetse n’abamwakiriye bakamuha serivisi nziza. Yahishuye […]

Sam Karenzi Yafunguye Radiyo Nshya ‘SK FM’ Yumvikanira kuri 93.9 FM

Umunyamakuru w’inararibonye mu itangazamakuru ry’imikino mu Rwanda, Sam Karenzi, yafunguye ku mugaragaro radiyo nshya yise ‘SK FM’, izajya yumvikanira ku murongo wa 93.9 FM. Iyi radiyo izakorera mu karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali, itambutse ibiganiro bigaruka ku mikino, ubukungu, politiki n’indi. Mu muhango wo kuyifungura, Sam Karenzi yashimiye byimazeyo abamufashije muri uru rugendo […]

Umubyeyi wa Mohbad yatangaje ko ku kuri ubu ubuzima bwe bumeze neza

Joseph Aloba, umubyeyi w’umuhanzi Ilerioluwa Oladimeji Aloba ukomoka mu gihugu cya Nigeria wamenyekanye nka ‘Mohbad’, yavuze ko nyuma y’uko umuhungu we ‘Mohbad’ yitabye Imana, ubuzima bwe bwahindutse bukaba bwiza bitewe n’ubufasha yagiye ahabwa n’abantu batandukanye. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Akin Abolade kuri uyu wa 15 Mutarama 2025 ashimangira ko umuhungu we Mohbad yari […]