The Online Newspaper of Students of East African University, Rwanda

Johnny Drille yashimiye ababyeyi be, ashimangira uko kuba umubyeyi byamuhinduriye ubuzima

Umuhanzi w’Umunyanijeriya Johnny Drille, wamamaye cyane mu ndirimbo “Wait for Me” yasohoye mu 2017, yasobanuye byinshi ku buzima bwe bushya bwo kuba umubyeyi, ashimira byimazeyo ababyeyi be ku rugendo rukomeye banyuzemo bamurera. Ku wa 17 Ugushyingo 2023, Johnny Drille n’umugore we Rima Tahini bibarutse imfura yabo y’umukobwa bayise Amaris Esohe Ighodaro. Ni umwana wa mbere […]

Davido yasutse amarira mu bukwe bwa Manager we

Umuhanzi Davido ukomoka muri Nigeria, yasutse amarira ubwo yahabwaga ijambo mu bukwe bwa Manager we, Asa Asika. Asa yakoranye na Davido kuva ku munsi wa mbere ,n’ubwo aba bombi bigeze gutandukanaho. Mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza Davido ari kwihanagura amarira ku maso nyuma yo kugira amarangamutima adasanzwe ubwo yahabwaga ijambo mu bukwe bwa […]

Iyo ntaba ndi umuhanzi mba ndi umunyamakuru-Davido

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, David Adeleke, uzwi cyane ku izina rya Davido, yatangaje ko iyo ataza kuba umuhanzi yari kuba umunyamakuru. Ibi yabivuze mu kiganiro aherutse kugirana na radiyo yitwa 96.1 The Beat yo muri Atlanta, aho yasobanuye impamvu akunda gukora ibiganiro n’itangazamakuru kurusha abahanzi benshi bagenzi be. Davido yagize ati:“Nkunda kwamamaza, nkunda kuganira. Abantu […]

OREZI yasobanuye impamvu zatumye asubira inyuma mu muziki

Umuhanzi OREZI ukomoka muri Nigeria yasobanuye impamvu yasubiye inyuma mu ruganda rw’umuziki. Ubwo uyu muhanzi yakirwaga kuri Hip TV mu gace kitwa Trending, yavuze ko kuba yarikuye mu marushanwa mu muziki byatumye ubuhanzi bwe busubira inyuma. OREZI yagarutse ku kamaro ko guhozaho, atanga urugero kuri Davido ko we agikora cyane nkaho aribwo akiza mu muziki. […]

Rihanna mu byishimo byo kwitegura Umwana wa gatatu

Umuhanzikazi Rihanna n’umugabo we A$AP Rocky bahishuye ko bategerezanyije ubwuzu umwana wabo wa gatatu. Ibi Rihanna yabitangarije mu musangiro wabaye kuwa mbere tariki 5 Gicurasi 2025, ukaba wabereye muri Amerika mu mujyi wa New York. Mu gihe Rihanna yatangazaga ibi, yagaragaje ibyishimo bidasanzwe, ari nako akorakora inda. Mu 2022 ni bwo Rihanna na A$AP Rocky […]

Davido yongeye kwikoma Guverinoma ya Nijeriya

Umuhanzi w’ikirangirire mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, yongeye kunenga ubuyobozi bwa Nijeriya, avuga ko igihugu gifite ubuyobozi bubi ariko agashima uruhare runini uruganda rw’imyidagaduro rugira mu guteza imbere isura yacyo. Ubwo yari mu kiganiro yagiranye na Apple Music, Davido yagize ati “Nishimiye ko imyidagaduro yahinduye imyumvire. Twebwe Abanya-Nijeriya […]

Ni ibintu bidashoboka gufata abagore bari mu myaka ya za 30 nk’abashaje- Lady Gaga

Umuririmbyi w’Umunyamerika, Lady Gaga, yanenze ivangura rishingiye ku myaka mu ruganda rw’umuziki wa pop. Uyu muririmbyi w’imyaka 38 yavuze ko ari ibintu bidafututse gufata abagore bari mu myaka ya za 30 ‘nk’abashaje’ ku muhanzi wa pop. Yabitangaje ubwo yakiraga igihembo cya Innovator Award mu bihembo bya iHeartRadio Music Awards 2025 byabereye muri Dolby Theatre i […]

Igitaramo ‘Icyumba cya Rap’ cyari gitegerejwe n’abatari bake cyarangiye bamwe batanyuzwe

Ku mugoroba washize tariki 10 Mutarama 2025, ni bwo abaraperi barenga 14 bahuriye mu ihema ryo muri Kigali Conference and Exhibition Villa ahazwi nka Camp Kigali mu gitaramo ‘Icyumba rya Rap’ cyari kimaze iminsi gitegerejwe na benshi by’umwihariko abakunda injyana ya Hip Hop. Ni igitaramo cyari cyabanje gukomwa mu nkokora n’imvura nyinshi yiganjemo umuyaga, dore […]