The Online Newspaper of Students of East African University, Rwanda

Abanyamakuru bakora inkuru z’ibidukikije bahuguriwe gukora inkuru ziha agaciro abafite ubumuga

Kuri uyu wa mbere tariki 27 Mutarama 2025, ku cyicaro cy’umuryango w’abanyamakuru bakora inkuru z’ibidukikije, Rwanda Environmental Journalists (REJ), hateraniye abanyamakuru 20 baturutse ku bitangazamakuru bitandukanye, aho bitabiriye amahugurwa y’iminsi 3. Aya mahugurwa afite insanganyamatsiko igira iti “Ubunyanga-mugayo no kudaheza mu gukora no gutangaza inkuru z’ibidukikije.” Dr Nicodeme HAKIZIMANA, watangije aya mahugurwa yibukije abitabiriye amahugurwa […]

Rwanda’s 20-Year War on Plastic: A Model for the World

“For two decades, Rwanda has demonstrated its’ commitment to tackling plastic pollution through bold national policies and regional leadership. We are now taking these home-grown innovations to the world.” The statement was made by Dr Valentine Uwamariya, former Minister of Environment, at the fifth session of the Intergovernmental Negotiating Committee (INC-5), held in Busan, Republic […]

Umubyeyi wa Mohbad yatangaje ko ku kuri ubu ubuzima bwe bumeze neza

Joseph Aloba, umubyeyi w’umuhanzi Ilerioluwa Oladimeji Aloba ukomoka mu gihugu cya Nigeria wamenyekanye nka ‘Mohbad’, yavuze ko nyuma y’uko umuhungu we ‘Mohbad’ yitabye Imana, ubuzima bwe bwahindutse bukaba bwiza bitewe n’ubufasha yagiye ahabwa n’abantu batandukanye. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Akin Abolade kuri uyu wa 15 Mutarama 2025 ashimangira ko umuhungu we Mohbad yari […]

EAUR: Abagize Environmental Club batanze umusanzu mu kubungabunga ibidukikije

Abanyeshuri bo muri Kaminuza ya East African University Rwanda (EAUR), bibumbiye mu itsinda ryita ku bidukikije (Environmental Club) kuri iki cyumweru taliki ya 17 Ugushyingo 2024 bitabiriye ibikorwa byo gukora isuku mu kigo cyabo ndetse no mu nkengero zacyo mu rwego rwo gushimangira intego bihaye yo kubungabunga ibidukikije. Iki gikorwa cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: […]

Drake ari mu gihombo gikomeye yatewe na Mike Tyson

Umuraperi ukomoka muri Canada Aubrey Drake Graham wamenyekanye nka Drake, ararira ayo kwarika nyuma yo gutega ku mukino wahuje Mike Tyson na Jake Paul amahirwe ntamusekere. Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2024 ,ni bwo hasubukuwe umukino w’iteramakofi wari uteganjijwe kuba ku wa 20 Nyakanga ,ukaza gusubikwa bitewe n’ibikomere Mike Tyson yagiriye mu ndege muri Gicurasi, […]

Amanota y’ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye 2023/2024 azashyirwa ahagaragara mu cyumweru gitaha

Ikigo cy’iguhugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyateguje igihe amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2023/2024 azasohokera. Mu butumwa iki kigo cyashyize ku mbuga nkoranyambaga zacyo zitandukanye, bwemeza nta gushidikanya ko kuri uyu wa Gatanu ku itariki 15 Ugushyingo 2024 saa 11:00 za mu gitondo, amanota azaba yamaze kujya ahagaragara. Amanota azasohoka ,ni ay’ibizamini […]

Psquare: Umubano w’abagize iri tsinda ukomeje kuba ingorabahizi

Abahanzi bakomoka muri Nigeria Paul Okoye uzwi nka Rudeboy n’umuvandimwe akaba n ‘impanga ye Peter Okoye uzwi nka Mr P, umubano wabo ntumeze neza. Aba bombi bamenyekanye mu itsinda Psquare bahuriyemo uko ari babiri. Nta gihe cyari gishize aba bombi bongeye kwihuza nk’itsinda bagakora indirimbo zirimo Jaiye(iheme) na Find somebody.Ni nyuma y’uko mu mwaka wa […]

Abakuru b’ibihugu barimo H.E Paul KAGAME bageneye ubutumwa Donald Trump

Abakuru b’ibihugu bitandukanye utibagiwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda H.E Paul KAGAME, bageneye ubutumwa Donald Trump wegukanye itsinzi. Ni nyuma y’amatora yabaye kuri uyu wa 05 Ugushyingo 2024, aho miliyoni nyinshi z’abanyemerika bazindukiye mu matora, ngo hamenyekane ugomba kwicara mu ntebe isumba izindi ,umwanya w’umukuru w’igihugu. Uwahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump n’uwari […]

Ruger yagiriye inama abahanzi

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria Michael Adebayo Olayinka wamenyekanye nka Ruger, yagiriye inama abahanzi bagenzi be, anabibira ibanga rituma we ahora atumirwa mu bitaramo kenshi gashoboka. Kuri Ruger, kugira indirimbo zikunzwe ntibihagije ngo ube umuhanzi utumirwa mu bitaramo. Yavuze ko umuhanzi ashobora kugira indirimbo miliyoni zukunzwe, ariko gutumirwa mu bitaramo ukjya ubyumva mu makuru. Anyuze ku […]