The Online Newspaper of Students of East African University, Rwanda

EAUR: Abagize Environmental Club basuye G.S Remera Catholique

Abanyeshuri bo muri Kaminuza ya East African University Rwanda (EAUR), bibumbiye mu itsinda ryita ku bidukikije (Environmental Club) bafatanije n’abanyeshuri bo mu zindi kaminuza zirimo University of Rwanda (UR) na University of Tourism, Technology and Business Studies (UTB), Rwanda Youth Biodiversity Network, ndetse na Rwanda Environment Management Authority (REMA) basuye ishuri rya G.S Rmera Catholique, […]

Johnny Drille yashimiye ababyeyi be, ashimangira uko kuba umubyeyi byamuhinduriye ubuzima

Umuhanzi w’Umunyanijeriya Johnny Drille, wamamaye cyane mu ndirimbo “Wait for Me” yasohoye mu 2017, yasobanuye byinshi ku buzima bwe bushya bwo kuba umubyeyi, ashimira byimazeyo ababyeyi be ku rugendo rukomeye banyuzemo bamurera. Ku wa 17 Ugushyingo 2023, Johnny Drille n’umugore we Rima Tahini bibarutse imfura yabo y’umukobwa bayise Amaris Esohe Ighodaro. Ni umwana wa mbere […]

Davido yasutse amarira mu bukwe bwa Manager we

Umuhanzi Davido ukomoka muri Nigeria, yasutse amarira ubwo yahabwaga ijambo mu bukwe bwa Manager we, Asa Asika. Asa yakoranye na Davido kuva ku munsi wa mbere ,n’ubwo aba bombi bigeze gutandukanaho. Mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza Davido ari kwihanagura amarira ku maso nyuma yo kugira amarangamutima adasanzwe ubwo yahabwaga ijambo mu bukwe bwa […]

Iyo ntaba ndi umuhanzi mba ndi umunyamakuru-Davido

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, David Adeleke, uzwi cyane ku izina rya Davido, yatangaje ko iyo ataza kuba umuhanzi yari kuba umunyamakuru. Ibi yabivuze mu kiganiro aherutse kugirana na radiyo yitwa 96.1 The Beat yo muri Atlanta, aho yasobanuye impamvu akunda gukora ibiganiro n’itangazamakuru kurusha abahanzi benshi bagenzi be. Davido yagize ati:“Nkunda kwamamaza, nkunda kuganira. Abantu […]

OREZI yasobanuye impamvu zatumye asubira inyuma mu muziki

Umuhanzi OREZI ukomoka muri Nigeria yasobanuye impamvu yasubiye inyuma mu ruganda rw’umuziki. Ubwo uyu muhanzi yakirwaga kuri Hip TV mu gace kitwa Trending, yavuze ko kuba yarikuye mu marushanwa mu muziki byatumye ubuhanzi bwe busubira inyuma. OREZI yagarutse ku kamaro ko guhozaho, atanga urugero kuri Davido ko we agikora cyane nkaho aribwo akiza mu muziki. […]

Rihanna mu byishimo byo kwitegura Umwana wa gatatu

Umuhanzikazi Rihanna n’umugabo we A$AP Rocky bahishuye ko bategerezanyije ubwuzu umwana wabo wa gatatu. Ibi Rihanna yabitangarije mu musangiro wabaye kuwa mbere tariki 5 Gicurasi 2025, ukaba wabereye muri Amerika mu mujyi wa New York. Mu gihe Rihanna yatangazaga ibi, yagaragaje ibyishimo bidasanzwe, ari nako akorakora inda. Mu 2022 ni bwo Rihanna na A$AP Rocky […]

Davido yongeye kwikoma Guverinoma ya Nijeriya

Umuhanzi w’ikirangirire mu njyana ya Afrobeats, David Adeleke uzwi cyane ku izina rya Davido, yongeye kunenga ubuyobozi bwa Nijeriya, avuga ko igihugu gifite ubuyobozi bubi ariko agashima uruhare runini uruganda rw’imyidagaduro rugira mu guteza imbere isura yacyo. Ubwo yari mu kiganiro yagiranye na Apple Music, Davido yagize ati “Nishimiye ko imyidagaduro yahinduye imyumvire. Twebwe Abanya-Nijeriya […]

Abakozi ba Leta bahawe iminsi ibiri y’ikiruhuko

Kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Mata 2025, Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’umurimo(MIFOTRA), yashyize hanze itangazo rikubiyemo iminsi ibiri y’ikiruhuko ku bakozi bakora mu nzego zitandukanye za Leta mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo Umunsi wa mbere, ni kuwa kane tariki ya 1 Gicurasi, uzaba ari umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Muri iri tangazo kandi, Minisiteri […]

Abanyamakuru bakora inkuru z’ibidukikije bahuguriwe gukora inkuru ziha agaciro abafite ubumuga

Kuri uyu wa mbere tariki 27 Mutarama 2025, ku cyicaro cy’umuryango w’abanyamakuru bakora inkuru z’ibidukikije, Rwanda Environmental Journalists (REJ), hateraniye abanyamakuru 20 baturutse ku bitangazamakuru bitandukanye, aho bitabiriye amahugurwa y’iminsi 3. Aya mahugurwa afite insanganyamatsiko igira iti “Ubunyanga-mugayo no kudaheza mu gukora no gutangaza inkuru z’ibidukikije.” Dr Nicodeme HAKIZIMANA, watangije aya mahugurwa yibukije abitabiriye amahugurwa […]

Rwanda’s 20-Year War on Plastic: A Model for the World

“For two decades, Rwanda has demonstrated its’ commitment to tackling plastic pollution through bold national policies and regional leadership. We are now taking these home-grown innovations to the world.” The statement was made by Dr Valentine Uwamariya, former Minister of Environment, at the fifth session of the Intergovernmental Negotiating Committee (INC-5), held in Busan, Republic […]