Hagati ya Karoti na Beterave: Ni ikihe kigirira akamaro umubiri kurusha ikindi?

Karoti na beterave ni nk’ibimenyabose mu moko y’imboga kubera uburyo zihora zitatse amabara meza, zishobora gutegurwa mu buryo butandukanye, kandi zuzuye intungamubiri. Ariko iyo bigeze mu guhitamo ihiga indi mu bijyanye n’ubuzima, ntibiba byoroshye gufata umwanzuro. Reka tuzigereranye turebe uko zihura mu gukungahara ku intungamubiri! Intungamubiri z’ingenzi Karoti zizwi cyane kubera ikinyabitabire kitwa beta-carotene, gihinduka […]
Imyitozo Ngororamubiri y’Iminota 5: Inzira Yoroshye yo Kurinda Umutima no kugira amagufa Akomeye”

Kimwe mu bintu byiza ushobora gukora ku buzima bwawe ni ugukomeza umutima wawe n’amagufa. Nk’uko ubushakashatsi butandukanye bubigaragaza, imyitozo ngororamubiri ni bumwe mu buryo bwizewe bwagufasha gukomeza amagufa y’umubiri wawe ndetse no kugira umutima ukora neza. Mu by’ukuri, kudakora imyitozo ngororamubiri bigabanya ubushobozi bwo kurwanya indwara z’umutima. Ni byiza ko ushaka uburyo bwo gukora imyitozo […]
Ubushakashatsi bushya: Wari Uzi ko, ikawa ifite ingaruka ku mara yawe?

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje uburyo abakunda ikawa bashobora kumenyekana bishingiye gusa ku mara yabo. Nk’uko abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Trento mu Butaliyani babitangaje, bafatanyije n’ikigo cy’ubuzima ZOE, abakunda ikawa bashobora kumenyekana hakoreshejwe gusa ibipimo bikorerwa urusobe rw’ama mikorobe aba mu mara y’umuntu (microbiome) y’amara yabo. Abashakashatsi basanze umubiri wacu urimo mikorobe yihariye bise “Lawsonibacter”, ikunda […]
Umuhanzi Bnxn Buju ategerejwe mu gitaramo I Kigali

Ni iminsi mike isigaye umuhanzi Bnxn Buju, umwe mu bagezweho ku mugabane wa Afurika ndetse no ku isi yose, agataramira abakunzi be I Kigali mu birori byiswe ‘Friends of Amstel’, ku wa 23 Ugushyingo 2024. Uyu muhanzi uturuka mu gihugu cya Nigeria, iyo ushatse indirimbo ze ku mbuga zitandukanye zicuruza umuziki, uhita ubona ko ari […]
Niba ushaka kubungabunga ubwonko bwawe uko ugenda ukura, reka aya makosa icyenda

Wigeze wifuza ko ubwenge bwawe bukomeza kuba butyaye nk’uko bwari bumeze ukiri muto? Tekereza ku buzima aho uko imyaka yiyongera, wongera ubwenge kandi ugakomeza kugira ubushobozi bwo gutekereza neza. Ukuri ni uko gukomeza kugira ubwenge bukomeye kandi buhamye bitarimo gusa gukina imikino ityaza ubwenge (puzzles mu ndimi z’amahanga), cyangwa gusoma ibitabo, buri munsi. Bisaba kandi […]
Empowering voices: The impact of gender clubs in University schools

Today, on the 30th of October 2024, in Musanze District, Northern Province, continued a training of Gender Leaders Club which was on its second day. The day unfolded with mentor Felix Uwimana Hirwa leading an engaging session on the vital role of gender clubs in University schools. Gender club leaders attended the training During the […]