
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya
Perezida Paul Kagame yashyizeho Dr. Justin Nsengiyumva ku mwanya wa minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda, asimbuye Dr. Édouard Ngirente wari umaze imyaka igera ku munani kuri uwo mwanya yagiyeho guhera mu 2017.Ibi byatangajwe kuri uyu



