The Online Newspaper of Students of East African University, Rwanda

Africa News Agency Yizihije isabuku y’Imyaka ikora itangazamakuru ryubaka Afurika

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, mu Mujyi wa Kigali, ikigo cy’itangazamakuru Africa News Agency (ANA) cyizihije isabukuru y’imyaka 10 kimaze gitanga umusanzu mu guteza imbere umugabane wa Afurika. Uyu muhango wahurije hamwe abafatanyabikorwa b’iki kigo bo mu nzego zitandukanye, zirimo iz’itangazamakuru, inzego za leta, n’iz’abikorera. Abitabiriye ibiganiro byagarutse ku mahirwe ahari […]

RSSB yatangaje ko muri 2025 umusanzu wa Pansiyo uzikuba inshuri ebyiri

Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB cyatangaje ko kuva mu ntangirizo z’umwaka utaha wa 2025, umusanzu w’ubwiteganyirize cyangwa Pansiyo uzikuba inshuro ebyiri aho uzava kuri 6% wari usanzweho kuva mu mwaka wa 1962 ukagera kuri 12%. Ibi RSSB yabitangarije mu nama  yagiranye n’urugaga rw’abikorera mu Rwanda PSF ku wa kane tariki 28 Ugushyingo 2024  aho banabagaragarije inyungu […]

Abafite ibigo bito n’ibiciritse barasaba korohezwa kubona inguzanyo

Kuri uyu wa Kane tariki 28 Ugushyingo 2024, Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda PSF rwahurije hamwe ba rwiyemezamirimo bafite ibigo bito, ibiri hagati nderse n’ibiciriritse mu Rwanda (MSMEs), n’abahagarariye ibigo by’imari n’amabanki mu nama y’umunsi umwe yari igamije kwigira hamwe uburyo amabanki yajya afasha ba Rwiyemezamirimo bakiri bato kubona inguzanyo mu buryo bworoshye. Bamwe muri ba […]