Abagera ku 100 barimo abarimu muri kaminuza nkuru, abanditsi n’abashakashatsi mu itangazamakuru bateraniye I Kigali ku nshuro ya 2, mu nama igamije guhuriza hamwe ubushakashatsi bushingiye ku itumanaho n’itangazamakuru.

N’inama yafunguwe k’umugaragaro na Nyakubahwa minisitiri w’uburezi Gaspard Twagirayezu, Aho yari agaragiwe n’abandi banyacyubahiro barimo ukuriye kaminuza nkuru y’u Rwanda.

Biteganijwe ko buri uwitabiriye azajyira umwanya wo kwerekana no gusobanura ubushakashatsi yakoze hashingiwe ku nsanganyamatsiko zatanzwe. Biteganijwe iri huriro rizamara igihe kingana n’iminsi itatu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *