by
Category: Headlines
-

Gen. Muhoozi yatangiye guhiga abarya ruswa mu rwego ruyoborwa na muramu we
Umugaba w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko Matthew Bagonza, umuyobozi mukuru muri komite ngishwanama Perezida Museveni ku bijyanye no kohereza ibicuruzwa mu mahanga n’iterambere ry’inganda (PACEID), yatawe muri yombi. Bagonza ni umwe mu bantu ba hafi Perezida w’iyi komite, Odrek Rwabwogo, akaba n’umukwe wa Perezida Museveni. Ni amakuru agaragaza ko Gen Muhoozi yatangiye…
-

Mukura VS yasinyishije Umunya-Uganda
Ikipe ya Mukura VS yasinyishije umukinnyi wo mu kibuga hagati ukomoka muri Uganda, Hussein Ssenoga, imuha imyaka ibiri imukuye muri Kitara FC. Mukura VS yo mu Karere ka Huye, ikomeje kwitegura umwaka w’imikino wa 2026/27, aho izakina amarushanwa atandukanye ihereye kuri Turbo King Super Cup 2026. Kimwe mu byo iyi kipe iri gukora ni ukongeramo…
by
-
Amakuru, Headlines, Ibidukikije, Ikoranabuhanga, Imibereho, Imikino, Imyidagaduro, Inkuru twabahitiyemo, Politiki, Ubucuruzi, Ubukerarugendo, Ubukungu, Uburezi, Uburinganire, UbuzimaKabila yajuririye ibihano bya Amerika imushinja gufasha AFC/M23
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yajyanye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rukiko, asaba gukurwa ku rutonde rw’abafatiwe ibihano na Minisiteri y’Imari bijyanye no gufatira imitungo yabo iri i Washington. Kabila yatanze iki kirego mu rukiko rwa Amerika i Washington, aho asaba gukurwaho ku rutonde rw’abafatiwe ibihano kuva muri…
by






