by
Category: Amakuru
-

Kayonza: Agaciro k’ibibanza kikubye inshuro enye mu myaka ibiri
Mu mwaka wa 2024 Cyubayiro Valentine yagurishije ikibaza cya miliyoni 2 Frw cya metero 15 kuri 20. Aho yakigurishije kuri ubu hatangiye gukatwa site nshya zo kubakwamo, hashyirwa ibikorwaremezo birimo imihanda, amashanyarazi n’amazi none ikibanza kiri kugurishwa kuva kuri miliyoni 8 Frw kugera kuri miliyoni 12 Frw. Ibi bibaye nyuma y’uko ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza…
-

Gen. Muhoozi yatangiye guhiga abarya ruswa mu rwego ruyoborwa na muramu we
Umugaba w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko Matthew Bagonza, umuyobozi mukuru muri komite ngishwanama Perezida Museveni ku bijyanye no kohereza ibicuruzwa mu mahanga n’iterambere ry’inganda (PACEID), yatawe muri yombi. Bagonza ni umwe mu bantu ba hafi Perezida w’iyi komite, Odrek Rwabwogo, akaba n’umukwe wa Perezida Museveni. Ni amakuru agaragaza ko Gen Muhoozi yatangiye…
by
-

Kenya: Batawe muri yombi bakekwaho kwica inzovu baziroze
Abahinzi babiri bo muri Kenya batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu kuroga inzovu zo muri Pariki ya Amboseli no mu gace kayikikije, aho inzovu 18 zimaze gupfa hagati ya tariki ya 24 Kamena na 26 Nyakanga. Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo Gishinzwe kubungabunga inyamaswa zo mu gasozi (Kenya Wildlife Service:KWS), Paul Wambi, yavuze ko umubare…
by
-

Iburasirazuba: Abikorera bahomba miliyoni 135 Frw buri mwaka kubera kutagira aho bakorera ’Expo’
Ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, bwatangaje ko buhomba arenga miliyoni 135 Frw buri mwaka kubera kutagira ahantu hahoraho bakorera imurikagurisha. Byagarutsweho mu kiganiro n’itangazamakuru cyagarukaga ku myiteguro y’imurikagurisha ryatangiye kubera muri iyi Ntara mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange. Iyi Expo yitabiriwe n’abamurika barenga 300. Yatangiye tariki ya 19 Kanama ikazarangira tariki…
by
-
Amakuru, Headlines, Ibidukikije, Ikoranabuhanga, Imibereho, Imikino, Imyidagaduro, Inkuru twabahitiyemo, Politiki, Ubucuruzi, Ubukerarugendo, Ubukungu, Uburezi, Uburinganire, UbuzimaKabila yajuririye ibihano bya Amerika imushinja gufasha AFC/M23
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yajyanye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rukiko, asaba gukurwa ku rutonde rw’abafatiwe ibihano na Minisiteri y’Imari bijyanye no gufatira imitungo yabo iri i Washington. Kabila yatanze iki kirego mu rukiko rwa Amerika i Washington, aho asaba gukurwaho ku rutonde rw’abafatiwe ibihano kuva muri…
by





