Music

Johnny Drille yashimiye ababyeyi be, ashimangira uko kuba umubyeyi byamuhinduriye ubuzima
Umuhanzi w’Umunyanijeriya Johnny Drille, wamamaye cyane mu ndirimbo “Wait for Me” yasohoye mu 2017, yasobanuye byinshi ku buzima bwe bushya bwo kuba umubyeyi, ashimira byimazeyo ababyeyi be ku rugendo rukomeye banyuzemo bamurera. Ku wa 17

Johnny Drille yashimiye ababyeyi be, ashimangira uko kuba umubyeyi byamuhinduriye ubuzima
Umuhanzi w’Umunyanijeriya Johnny Drille, wamamaye cyane mu ndirimbo “Wait for Me” yasohoye mu 2017, yasobanuye byinshi ku buzima bwe bushya bwo kuba umubyeyi, ashimira byimazeyo ababyeyi be ku rugendo rukomeye banyuzemo bamurera. Ku wa 17

Davido yasutse amarira mu bukwe bwa Manager we
Umuhanzi Davido ukomoka muri Nigeria, yasutse amarira ubwo yahabwaga ijambo mu bukwe bwa Manager we, Asa Asika. Asa yakoranye na Davido kuva ku munsi wa

Iyo ntaba ndi umuhanzi mba ndi umunyamakuru-Davido
Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, David Adeleke, uzwi cyane ku izina rya Davido, yatangaje ko iyo ataza kuba umuhanzi yari kuba umunyamakuru. Ibi yabivuze mu kiganiro

OREZI yasobanuye impamvu zatumye asubira inyuma mu muziki
Umuhanzi OREZI ukomoka muri Nigeria yasobanuye impamvu yasubiye inyuma mu ruganda rw’umuziki. Ubwo uyu muhanzi yakirwaga kuri Hip TV mu gace kitwa Trending, yavuze ko

Rihanna mu byishimo byo kwitegura Umwana wa gatatu
Umuhanzikazi Rihanna n’umugabo we A$AP Rocky bahishuye ko bategerezanyije ubwuzu umwana wabo wa gatatu. Ibi Rihanna yabitangarije mu musangiro wabaye kuwa mbere tariki 5 Gicurasi